Mu minsi mikuru ya vuba, hari ikintu cyahindutse ku bantu benshi: ibyishimo byaragabanutse, kwizihiza biragabanuka, ndetse n’icyizere cy’ejo hazaza ntikikigaragara nk’uko byahoze. Abantu benshi bavuga ko ubuzima buhenze, ko akazi kagoye kuboneka, ko amafaranga adahagije n’aho yaba ahari. Ni ukuri kudakwiye guhakanwa. Mu bihe byashize, iminsi mikuru yafatwaga nk’igihe cyo kwishima, gutekereza ejo hazaza heza […]
Read more