Uko umuntu ashobora gutsinda ubukene no guhindura ubuzima bwe
Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bahura n’ibigeragezo bitandukanye: kubura akazi, kutagira ubushobozi mu bifatika, cyangwa kumva ko ibintu byose byanze. Hari n’abamara imyaka myinshi bagerageza gukora ibikorwa bitandukanye, ariko bikanga. Icyo gihe ni ho benshi batekereza ko ubukene ari ibintu byakarande, cyangwa ko Imana yabatereranye. Ariko ukuri ni uko ubukene ari igihe, si […]
Read more
