Amerika: Green Card Zahawe Abaturage b’Ibihugu 19 Zigiye Gusubirwamo
Mu cyemezo gitunguranye, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangaje ko Green Card zahawe abaturage baturuka mu bihugu 19 yise “ibihugu by’ikibazo” zizagenzurwa ku buryo bwihuse kandi bwimbitse. Icyemezo cyaje nyuma y’igitero cyabaye mu mujyi wa Washington DC, aho umwe mu basirikare ba National Guard yishwe n’umuntu wari ufite ubwenegihugu bw’ahandi […]
Read more
